Perezida wa Sena y'u Rwanda, Dr Kalinda Francois Xavier yagiranye ibiganiro n'itsinda ry'Abasenateri bo mu gihugu cya Namibia, bikaba byibanze kuri politiki na gahunda yo gutuza neza abaturage ...
Abarenga 274 baguye mu bitero by’indege za Israel irimo kugaba mu bice bitandukanye bya Libani, ku birindiro by’umutwe wa Hezbollah, ni mu gihe abarenga 1000 bamaze gukomereka. Kuva kuri uyu wa Mbere ...
Abasesengura ibya Politiki yo mu karere u Rwanda ruherereyemo bagaragaza impungenge kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ikomeje kugaragaza uruhare rutaziguye rushingiye ku mikoranire yayo n ...
Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyacyonga-Mukoto uhuza Uturere twa Gasabo na Rulindo yatangiye, aho abaturage bawitezeho kubahindurira imibereho. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Guverineri w’Intara y ...
Ibikorwaremezo binini by’imikino n’imyidagaduro byakira abantu benshi byaremye amahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari ku Banyarwanda n’abanyamahanga. Mu nkengero za Stade Amahoro ndetse n’inyubako ya BK ...
Bimwe mu bigo by'amashuri byo mu Turere twa Huye na Nyanza byubakiwe ibikoni bigezweho, bivuga ko ubu buryo bwo gucana bakoresha bwatumye isuku yaho batekera yiyongera ndetse n'ibicanwa bakoreshaga ...
Ababyeyi bafite abana biga mu Ishuri ry'Icyitegererezo Mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund riherereye mu Karere ka Bugesera, bavuga ko iri shuri ari ikimenyetso cy'ubuyobozi bwiza buharanira kwishakamo ...
Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane bashya barimo Dr. Kalinda François Xavier, Bibiane Gahamanyi, Dr Usta Kaitesi na Solina Nyirahabimana. Itangazo rya Perezidansi ryashyizwe hanze kuri uyu wa ...
Abarwayi bamaze igihe mu bitaro bitandukanye mu Mujyi wa Kigali bitewe n'uburwayi bafite, bashima abagiraneza babagemurira. Umubyeyi umaze imyaka 2 mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali arwaje umwana we n ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...