Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye mugenzi we Seychelles, Commissioner Ted Barbe ku ...
Bimwe mu bigo by'amashuri byo mu Turere twa Huye na Nyanza byubakiwe ibikoni bigezweho, bivuga ko ubu buryo bwo gucana bakoresha bwatumye isuku yaho batekera yiyongera ndetse n'ibicanwa bakoreshaga ...
Ababyeyi bafite abana biga mu Ishuri ry'Icyitegererezo Mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund riherereye mu Karere ka Bugesera, bavuga ko iri shuri ari ikimenyetso cy'ubuyobozi bwiza buharanira kwishakamo ...
Perezida Kagame yashyizeho Abasenateri bane bashya barimo Dr. Kalinda François Xavier, Bibiane Gahamanyi, Dr Usta Kaitesi na Solina Nyirahabimana. Itangazo rya Perezidansi ryashyizwe hanze kuri uyu wa ...
Abarwayi bamaze igihe mu bitaro bitandukanye mu Mujyi wa Kigali bitewe n'uburwayi bafite, bashima abagiraneza babagemurira. Umubyeyi umaze imyaka 2 mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali arwaje umwana we n ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...
Kuri iki Cyumweru, tariki 22 Nzeri 2024, mu Kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Nasho, mu Karere ka Kirehe, habereye umuhango wo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda abasore n’inkumi basoje amahugurwa y’ibanze ...
Umugaba Mukuru w'Ingabo z' u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura umuhigo bagiranye ...
Abahanzi barindwi bagezweho mu Rwanda bataramiye abakunzi b’umuziki mu Karere ka Ngoma no mu bindi bice bihana imbibi mu gitaramo cya Kane cya MTN Iwacu Muzika Festival 2024. Ni igitaramo cyabereye ku ...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko nubwo u Rwanda rukora ibishoboka mu kubungabunga amahoro, rugihangayikishijwe n’abasize bakoze ...
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Joseph Nsengimana yagaragaje ko mu mpinduka zikomeye zabaye muri uru rwego mu myaka 30 ishize, ari ukubaka ibikorwaremezo abana bigiramo n’ibibafasha kwiga neza ariko ...